Guteza imbere no Gushyigikira ubwanditsi mu Rwanda
RELO Rwanda
Rwanda Editing and Literature Organization” (RELO) ni umuryango wa Gikristo washinzwe mu mwaka wa 2012, ugamije guteza imbere no gushyigikira ubwanditsi mu Rwanda. Uyu muryango washinzwe n’intiti zo muri kaminuza ndetse n’abakozi bakoreraga imiryango ishamikiye ku matorero ya Gikristu bafite inyota yo guteza imbere ubwanditsi no gusoma bibanda cyane cyane k’urubyiruko rw’abanyarwanda
Nyereka Inzira Children library
Aho abana bava mumpande zitandukanye muri Kigali baza gutyaza ubwenge binyuze mugusoma.
Nyereka Inzira Library ni isomero rifite ibitabo bya RELO, aho buriwese aza agasoma ibitabo ntakiguzi
Ingaruka nziza z'ibyo dukora
Igitabo kimwe ku kindi!
Hano muri RELO dushyira ingufu nyinshi mu kwandi ibitabo, gushishikariza abana n’urubyiruko umuco wo gusoma, tubinyujije mumarushanwa n’imikino byo gusoma. twigisha abarimu bigisha abana uburyo bakoresha ibitabo muguteza imbere uburere bw’umwana.
Makuru mashya
Amarushanwa yo gusoma kuburenganzira bw’umwana
RELO yakoresheje amarushanwa yo gusoma kuva tariki ya 26-27/2024 no...
Soma yose...Kumurika ibitabo
Bwana NTIRENGANYA Ezechias, Umubitsi wa RELO,, niwe wafunguye k’umugaragaro amahugurwa,...
Soma yose...Kumurika ibitabo: Uburenganzira bw’Umwana bwo
Guhera kuwa 21 Ukwakira kugeza kugeza kuri 16 Ugushingo 2023,...
Soma yose...RESULTS OF ALL COMPETITION
URUTONDE RW’ABITABIRIYE AMARUSHANWA YO GUSOMA N’AMANOTA YATANZWE
Soma yose...Ibitabo biherutse kusohoka
Twandika ibitabo muburyo bwa gikristu tugamije gushimangira indangagaciro z’ubukristu muri sosiyete.
Ubuhamya!
Umurimo dukora ugirira akamaro benshi, soma bumwe mubuhamya bw’abagenerwabikorwa bacu
Mbega inkuru nziza! nkunda gusoma ibitabo bya RELO imkuru zirimo zamfashije kurushaho gusobanukirwa n’uburenganzira bw’umwana, haba kurusengero no ku mashuri.
Murakoze!

Diane Ingabire
Umugenerwabikorwa
Nabashije guobanukirwa na uko warirwa umwana, no kubigisha ibyerekeye uburenganzira bw’umwana. muri rusange nugutse byinshi kubijyanye n’uburenganizra bw’umwana

Sr. Alphonsine U.
Umugenerwabikorwa








